Posts
Muhanga: Bahinga mu buryo bw’Imana bagasarura imbuto nk’iza...
Abaturage bo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, baravuga ko mu rwego rwo kurwanya imirire mibi n’ingaruka zikomoka ku mafumbire...
Iburasirazuba: Basabwe kongera umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Emmanuel K. Gasana yasabye abayobozi gukora ibishoboka byose ubutaka butabyazwa umusaruro bugakoreshwa...
Abaturage barakangurirwa kugira ibimoteri bibafasha kubona...
Abashinzwe ubuhinzi hirya no hino mu gihugu batangiye gahunda yo kugenzura ko buri rugo rufite ikimoteri cyo gukusanyirizwamo imyanda,...
Sheebah Karungi yagaragaje agahinda yatewe n’ihohoterwa...
Sheebah Karungi umwe mu bahanzikazi b’ibyamamare muri Uganda, muri iyi minsi uri mu Rwanda aho yitabiriye Iserukiramuco rya ‘ATHF’...
Yahoo Car Ltd yongerewe mu bigo bizajya bitwara abagenzi...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange muri Kigali, ikigo cya Yahoo Car Ltd...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abarengeje imyaka 60...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera ku wa mbere tariki ya 8 Kanama 2022 doze ya kabiri ishimangira, cyangwa doze ya kane y’urukingo...
Kigali: Ikibazo cy’ubwiherero rusange budahagije kigiye...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’ubwiherero rusange, hari ubwatangiye...
Amajyaruguru: Tumwe mu dushya twaranze Umuganura
Kimwe n’ahandi mu gihugu, mu Mirenge yose igize Intara y’Amajyaruguru, ku wa Gatanu tariki 05 Kanama 2022, hizihijwe umunsi w’Umuganura;...
Menya agaciro k’Umuganura
Kwizihizwa umunsi w’Umuganura mu Rwanda ni uguha agaciro umuco nyarwanda, no gushishikariza abakiri bato gukora bakiteza imbere ndetse...
Urujijo ni rwose ku bantu basanzwe bazi amabara ya Banki...
Bamwe mu bakiriya ba Banki ya Kigali(BK) basanzwe bazi amabara agize ibirango byayo, iyo bageze ku nyubako ikinirwamo imikino y’amaboko...
English
Kinyarwanda




