Editor

Editor

Last seen: 9 hours ago

Member since Jul 1, 2022 realrwandanews@gmail.com

Following (0)

Followers (0)

Rwanda

Minisitiri Muri Mozambique Yasuye Aho U Rwanda Rumurikira...

Minisitiri wungirije ushinzwe umuco n’ubukerarugendo muri Mozambique witwa Fredson Bacar yaraye asuye icyumba u Rwanda rumurikiramo...

Imikino

APR FC yageze Maroc aho igiye gukina umukino wo kwishyura...

Ikipe ya APR FC yaraye igeze muri Maroc aho igiye gukina umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup na RS Berkane yo muri Maroc...

Imikino

U Rwanda rwamenye amatsinda ruherereyemo mu gikombe cya...

Mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 ndetse n’imyaka 18 cya Handball kizabera mu Rwanda guhera mu kwezi gutaha, u Rwanda...

Imikino

ibyo wamenya kumutoza mushya wa mavubi nibyo abafana bamwifuzaho.

Mubyo ategerejweho harimo kubona itike ya AFCON no kurenga 1/4 cya CHAN..byinshi ku mutoza mushya w’amavubi Carlos Alós Ferrer ufite...

Imikino

Umutoza wa Rayon Sports yasobanuye impamvu rutahizamu Musa...

Rutahizamu Musa Esnu usanzwe ukinira ikipe ya Rayon Sports, ntiyagaragaye mu mukino wa gcuti wahuje Rayon Sports na AS Muhanga.

Imikino

#Bal2022 : REG yatsinzwe bituma itizera neza kugera mu...

Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino y’irushanwa nyafurika rya BAL 2022, REG BBC itsinzwe na Dakar Université Club Basketball (DUC)...

Hanze

Ubukonje Buri Munsi -20C Bwakomye Imbere Ibitero By’u Burusiya...

Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije...

Hanze

Ubushyuhe Bw’Isi Mu Mwaka 2021 Ntibwigeze Bubaho Mu Mateka-Raporo

Mu mateka y’umubumbe w’isi , nta na rimwe abantu bigeze barekura umwuka uhumanya ikirere myinshi nk’uko byagenze mu mwaka wa 2021....

Hanze

Perezida wa Guinea-Bissau yasoje uruzinduko yagiriraga...

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Werurwe 2022, ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, Minisitiri w’Intebe, Dr Eduard...

Ikoranabuhanga

Huawei: Nyuma yo guhomba yerekeje mu bworozi bw’ingurube

Kompanyi Huawei y’ikoranabuhanga yo mu Bushinwa yerekeje mu bworozi bw’ingurube mu guhangana n’ibihano bikomeye yafatiwe kuri telefone...