Amakuru ‘iyi Kipe ya Amagaju FC ari mu ibaruwa yayo yo kuwa 26 Gicurasi 2026 aremeza ko yamaze kwandikra Ishyirahawe ry’Umupira w’amagauru mu Rwanda FERWAFA.
Iki kirego gishingiye ku ikarita eshatu z’umuhondo zahawe Umukinnyi wa Muhazi United witwa Muranganirwa Serge mu mikino itandukanye harimo n’uwo yabonyeho amanota atatu kandi atabyemerewe.
Kugeza ubu amakuru aravuga ko FERWAFA yamaze gusubiza iyi Kipe y’Amagaju FC nubwo ibikubiye mu gisubizo kitaramenyekana ariko turacyakurikirana iyi nkuru.

English
Kinyarwanda


